in

Teta Sandra yavuze impamvu ari mu Rwanda bitungura benshi bari bazi ko yahunze inkoni

Sandra Teta waje mu Rwanda mu mezi ashize yavuze impamvu ari mu Rwanda muri iyi minsi atari muri Uganda aho yashakiye.

Teta Sandra yaje mu Rwanda nyuma y’amakuru y’ihohoterwa yakorerwaga n’umugabo we Weseal Manizo.

Nyuma y’igihe Sandra Teta amaze mu Rwanda biragaragara ko ari mu buzima bwiza ugereranyije nubwo yabagamo muri Uganda.

Sandra aganira n’ikinyamakuru Igihe yavuze icyo yaje gukora mu Rwanda, yagize Ati “Igihe nikigera wenda nzagira ibyo navuga, gusa ndi mu Rwanda kuko ari iwacu kandi ndahishimiye. Ndi kuhagirira ibihe byiza kandi ndanyuzwe.”

Ati “Ndamutse mbonye icyo njya gukorayo wenda nagenda, kimwe n’uko hano mpari atari ho nari ndi mu minsi ishize. Hano ni mu rugo ariko na hariya mpafite umuryango kandi mpafata nko mu rugo.”

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi Yannick Mukunzi na madamu we bari kuryoherwa n’urukundo

Umukobwa yaryamanye n’umugabo wa nyina kugira ngo amubabaze nkuko yamubabaje akiri muto