in

Umukobwa yagiye mu nzu y’umusore bari bamaze ukwezi kumwe gusa bakunda amenagura ibintu byose ari gucyeka ko umusore yamuciye inyuma

Umukobwa yagiye mu nzu y’umusore bari bamaze ukwezi kumwe gusa bakunda amenagura ibintu byose ari gucyeka ko umusore yamuciye inyuma.

Umusore utuye muri Nigeria mu mujyi wa Abuja yababajwe cyane nibyo umukobwa bari bamaze ukwezi kumwe gusa bakundana, yamukoreye.

Uyu musore avuga ko yari yagiye mu ruzinduko rwa kazi muri Ilorin, ariko ntajye abona uburyo bwo kuvugisha uwo mukobwa kubera amarezo make ya telefone aba muri ako gace.

Uyu mukobwa yatekereje ko umusore aho yagiye, yagiye kumuca inyuma n’abandi bagore, nibwo umukobwa yafashe umwanzuro wo kujya mu rugo rw’umusore, buri kintu cyose kiri mu nzu aracyangiza, ndetse amena n’ibirahure byose by’inzu.

Umuturanyi w’uwo musore niwe watabaje ndetse ahamagara umusore amubwira ko iwe mu rugo umuriro watse.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yaje mu ndege ye bwite: Umuraperi uje kuzuza BK Arena, yazindukiye i Kigali abantu bacyiryamye [Amafoto]

Nyampinga w’u Rwanda wa 2012, ari mu mashimwe yo kubona uhaza amarangamutima ye [Amafoto]