in

Yaje mu ndege ye bwite: Umuraperi uje kuzuza BK Arena, yazindukiye i Kigali abantu bacyiryamye [Amafoto]

Yaje mu ndege ye bwite: Umuraperi uje kuzuza BK Arena, yazindukiye i Kigali abantu bacyiryamye.

Umuraperi Kendrick Lamar yageze i Kigali mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri aho yitabiriye igitaramo cya ‘Move Afrika’ giteganyijwe kubera muri BK Arena ku wa 6 Ukuboza 2023.

Yasohotse ku Kibuga cy’Indege cya Kigali i Kanombe Saa 06:40. Urugendo rwe yarukoze ari mu ndege ye bwite.

 

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yahise yisanga ahantu hashimishije: Indirimbo “Fou De Toi” ya Element, Ross Kana na Bruce Melodie yongeye kwandika amateka nyuma y’amazi atandatu ishyizwe hanze

Umukobwa yagiye mu nzu y’umusore bari bamaze ukwezi kumwe gusa bakunda amenagura ibintu byose ari gucyeka ko umusore yamuciye inyuma