in

Umukobwa w’ikizungerezi yihenuye ku bagabo bose bamutereta abarusha agatubutse.

Uyu mukobwa ukiri muto witwa Ndokwa Babe yavuze ko kimwe mu bimubabaza ari ukubona abagabo arusha byose bashaka kumutereta ibyo abona nko kumwubahuka.Uyu mukobwa ufite amazina ya Ndokwa babe yanditse ku rukuta rwe rwa Twitter ko yikubita urushyi mu gahanga iyo abonye umugabo uri hasi ye arusha ibintu byose agerageza kumwiyegereza.

Ati “Ndababara koko iyo umugabo tudakwiranye aza ashaka kunyitaho. Nkuko ukandeba ukibwira ko ufite amahirwe? Agasuzuguro rero gusa. Ntuzongere kugerageza imyitwarire nk’iyo kuko nzagukoza isoni ntazuyaje. ”

Abakobwa batandukanye bagiye batangaza ibintu bitandukanye ku byo Ndokwa yashyize ku rukuta rwe rwa Twitter. Bamwe bavuga ko ari uburenganzira bwe gushyiraho urwego abagabo bakwiye kumuvugisha bagomba kuba barimo abandi bamuseka cyane.

https://twitter.com/Cali_DreamsXO/status/1458096071687737366?s=20

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abasirikarekazi b’abatinganyi baherukaga gukora ubukwe bahuye n’uruva gusenya.

Umukunzi wa Niyo Bosco ||ku nshuro ya mbere akomoje ku rukundo rwe.