in

Abasirikarekazi b’abatinganyi baherukaga gukora ubukwe bahuye n’uruva gusenya.

Abakobwa b’abasirikare babatinganyi bo muri Ghana baherukaga gukora ubukwe ngo babane nk’umugabo n’umugore,bivugwa ko bahise batabwa muri yombi kandi bagiye gukurikiranwa mu nkiko.

Mu mashusho yashyizwe hanze mbere yo gutabwa muri yombi, aba badamu basaga nkabishimye ubwo babyinaga hamwe ku munsi w’ubukwe bwabo. Ibirori byatumye abantu bakangarana ku mbuga nkoranyambaga kuko benshi babajije impamvu ibirori nk’ibi “bitubaha Imana kandi biteye ishozi” byemewe mu gihugu cya Afurika y’Iburengerazuba.

Nyuma y’iminsi mike iyi videwo imaze gukwirakwira, imbuga zimwe na zimwe z’amakuru zaho zavuze ko aba bakobwa bafunzwe n’ubuyobozi bwa gisirikare kandi ko bagomba kugezwa mu rukiko.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Urukundo rwubahwe!abarwayi bo mu mutwe bakundaniye ku muhanda none bakoze ubukwe(biratangaje)

Umukobwa w’ikizungerezi yihenuye ku bagabo bose bamutereta abarusha agatubutse.