in

Umukobwa ukunzwe muri Kigali yasebeje umusore washatse kumwishyura miliyoni nigice ngo baryamane

Umwe mu bakobwa bakunzwe cyane ku mbuga nkoranyambaga hano mu Rwanda uzwi nka Christella yasebeje umusore wihaye ku mwandikira amusaba ko baryamana akamwishyura amafaranga asaga miliyoni n’igice by’amafaranga y’u Rwanda.

Christella ukunze kugaragara mu ndirimbo z’abahanzi nyarwanda akaba atihandaniye message y’uwo musore imusaba ko baryamana maze niko guhita amushyira ku karubanda akoresheje snapchat ye.

 

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ya Fc Barcelone imerewe nabi nikibazo cy’ubukene

Ousmane Dembele yemeye kuva muri Fc Barcelone