in

Umukecuru yaraze imitungo ye akarere agategeka ukuntu kazita ku murambo we

Uyu mekecuru wahoze ari umwalimu, yapfuye mu 2018 afite imyaka 96. Nta muzungura n’umwe yari afite ari nayo mpamvu yahisemo kuraga imitungo ye yose Komine akomokamo ya Maidières.

umutungo w’uwo mukecuru wabarirwaga muri miliyoni imwe y’amayero, ni ukuvuga asaga miliyari 1 Frw kaba uruta kure amafranga komine atuyemo akoresha ku mwaka kuko ari bihumbi 950 by’amayero bakoresha.

Marcelle Verelle, umukecuru wari utuye mu Majyaruguru ashyira Uburasirazuba bw’u Bufaransa imitungo ye yose yayiraze akarere, abategeka kujya basukura imva ye buri gihe.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hamenyekanye akayabo k’amafaranga U Rwanda rwasaruye binyuze muri gahunda ya ‘Visit Rwanda’

Imfungwa yapfiriye muri gereza