in

Umukecuru atumye rayon sport idacyura amanota atatu koko cyangwa nibisazwe

Umukecuru witwaje igikapu kumunsi wejo yateje impagara kuheza naho asohorwa muri stade.ku munsi wejo ubwo ikipe ya rayon sport yajyaga gukina nikipe ya Etoile de l’Est umukino wabereye hariya mukarere kangoma ukaza kurangira urijije rwarutabura nabandi ba rayon benshi, ndetse bamwe bakanemeza ko ikipe ya Etoile ishobora kuba ikoresha amarozi.

Kubera umukecuru ejo wagaragaye kuri stade yambaye uturinda ntoki(gants) ndetse ,nikanzu yanitandiye ,ndetse ninkweto zu mukara akaza.kujyenda ashyamirana na bafana ba rayon.bavuga ko bataje gukina n’ikipe ahubwo baje gukina n’umukecuru.uyu mukecuru rero akaba yaraje gusohorwa muri stade ku munota 36 ark bikaza kurangira nubundi rayon sport ibuze atatu kuko yahanga nyirije igitego 1 kuri 1.


Nubundi ark ingoma Etoile imaze kuhagorera amakipe akomeye yose yakiriye 1.Etoile1:1 rayon sport
2.Etoile 2:0 As Kigali
3.Etoil 2:2 APR fc
4.Etoile 0:0 kiyovu

Mugisaka rero amakipe akomeye ntibiyorohera.

Written by Kubwayo JD

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rutanga Eric yasezeranye n’umugore we (Amafoto)

Ibintu 6 umukunzi wawe azakora mu gihe atakigukunda.