in

Rutanga Eric yasezeranye n’umugore we (Amafoto)

Umukinnyi Rutanga Eric ukinira ikipe ya Police FC n’ikipe y’iigihugu y’U Rwanda, Amavubi, yarushinze n’umugore we, Wendy Sultan, kuri iki cyumweru tariki ya 06 Werurwe 2022. Ni umuhango wari wabanjirije no gusaba no gukwa aho Eric Rutanga yari agaragiwe na David Bayingana, Yverry, Biramahire Abeddy, Nshuti Innocent ndetse na Boris usanzwe ari umunyamideli uzwi hano mu Rwanda.

Nkuko amafoto yagiye hanze abigaragaza, Rutanga n’umugore we bari bafite akanyamuneza kenshi batewe n’uyu munsi w’ubukwe bwabo aho bari bashagawe n’inshuti n’abavandimwe babo benshi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikimenyetso simusiga ku igaruka rya Youssef Rharb muri Gikundiro

Umukecuru atumye rayon sport idacyura amanota atatu koko cyangwa nibisazwe