in

Umuhungu w’imyaka 18 yasambanyijwe na Gitifu w’akagari ka Terimbere amusigira uburwayi

Umuhungu w’imyaka 18 yasambanyijwe na Gitifu w’akagari ka Terimbere amusigira uburwayi.

Mu Karere ka Rutsiro, hari umuryango w’umwana w’umuhungu w’imyaka 18 wo mu murenge wa Nyabirasi usaba ubutabera bw’umwana wabo uvuga ko yasambanyijwe na gitifu w’akagari ka Terimbere.

Kuri ubu ibyumweru ngo bimaze kuba bitatu bari mu gihirahiro kandi baragejeje ikirego muri RIB ya Kivumu.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibise byo Nsabi atangiye nibiki?: Mu masaha y’ijoro umunyarwenya Dogiteri Nsabi bari bamwivuganye bamuziza gusoma umugore w’abandi -AMASHUSHO

Ikipe y’igihugu Amavubi iheruka gutsinda Africa y’Epfo yagumye ku mwanya yari ariho ku rutonde ngarukakwezi rw’amakipe y’ibihugu rwa FIFA rusoza umwaka wa 2023