in

Ibise byo Nsabi atangiye nibiki?: Mu masaha y’ijoro umunyarwenya Dogiteri Nsabi bari bamwivuganye bamuziza gusoma umugore w’abandi -AMASHUSHO

Ibise byo Nsabi atangiye nibiki?: Mu masaha y’ijoro  umunyarwenya Dogiteri Nsabi bari bamwivuganye bamuziza gusoma umugore w’abandi.

Mu mashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga na Killa Man yagaragaje umugabo wari ufite inzoga mu ntoki yasinze ashinja umukinnyi wa sinema Dogiteri Nsabi kurya iminwa y’umugore we nk’uko yabivugaga mu magambo ye gusa ntawakemeza niba koko ibi ari ukuri kubera ko uyu mugabo yari yahaze agacupa.

Amashusho:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Igiye kwemera ihebe! APR FC nyuma yo kumenya ko Rayon Sports yaguze ba rutahizamu karundura ihise ifata umwanzuro wo gusinyisha umukinnyi Simba SC igenderaho -AMAFOTO

Umuhungu w’imyaka 18 yasambanyijwe na Gitifu w’akagari ka Terimbere amusigira uburwayi