in

NdababayeNdababaye NdabikunzeNdabikunze

Umuhanzikazi Noëlla wasabye Sugira Erneste kumutera inda arashinjwa kumutera umwaku|umva ibyo atangaje.

Umuhanzikazi Noëlla Izere wasabye Sugira Erneste kumutera inda aravuga ko adatera umwaku,dore yari amaze iminsi abwirwa n’abantu batandukanye ku mbuga nkoranyambaga ko ari we watumye imodoka y’uyu mukinnyi ifatwa n’inkongi y’umuriro igakongoka.

Hashize igihe humvikana inkuru y’uyu mukobwa wivugiye ko yumva yaterwa inda na Rutahizamu wa  Rayon Sports n’Amavubi, Sugira Ernest ubwo uyu mukinnyi yatsindiraga igitego, Amavubi muri CHAN 2020.Nyuma y’inkubiri y’ibi byose imodoka ya Sugira yaje gufatwa n’inkongi y’rashya n’igaraje yarimo rirashya.Bamwe mu bafana buyu mukobwa bagiye bavuga ko ari we wamuteye umwaku.Mu kiganiro na ISIMBI TV Izere Noëlla yabihakanye avuga ko adatera umwaku ndetse avuga ko hari abagiye bamwibasira bakabimubwira.

Abajijwe ku ndirimbo ye” Icyaka” aherutse gushyira hanze bamwe bakayihuza n’urukundo rwa Sugira kubera umuntu uyigaragaramo  wari  wambayemo imyenda y’Amavubi; yavuze ko ari urukundo akunda iby’iwacu.

Ati:”ninza nambaye imikenyero ifite amabara y’idarapo ryacu muzabigiraho ikibazo?kuba yambaye imyenda iriho ibendera ry’igihugu ni uko nkunda iby’iwacu”.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uyu mwana yavutse atagira amatwi ariko arumva|ubuzima bwe buratangaje.

Umukobwa yahisemo kwikorera ubukwe bwa wenyine ngo ahime abamusabaga kurongorwa.