in

Uyu mwana yavutse atagira amatwi ariko arumva|ubuzima bwe buratangaje.

Burya ubuzima ni gatebe gatoki,usanga uyu munsi bamwe bishimye abandi bababaye,gusa ikingenzi ni ukwiyakira uko waba ubayeho kose.Uyu mwana w’umukobwa witwa Josiane yavutse atagira amatwi gusa kubera Imana abasha kumva nubwo bisaba ko umuntu avuga cyane kugirango yumve.

Kuri camera za Afrimax Tv basuye umuryango ubamo uyu mwana wavukanye imiterere idasanzwe ndetse babasha kuganira na we.Uyu mwana yumva bigoranye kuko bisaba kuvuga cyane kandi ugasubiramo kenshi.Umubyeyi we avuga ko ababazwa n’abibasira umwana we bamwita agakima.Gusa na we avuga ko ari bwo bwa mbere yari abonye umwana umeze nk’uyu.

Ati:”Abandi bana usanga bamwita agakima,abandi na bo ngo ni agakende.Gusa nanjye sinabarenganya nta handi ndabona undi mwana bateye kimwe”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amabanga aragwira: Umugore yahisemo urupfu aho kuvuga izina ry’uwamuteye inda.

Umuhanzikazi Noëlla wasabye Sugira Erneste kumutera inda arashinjwa kumutera umwaku|umva ibyo atangaje.