in

Umuhanzi ugezweho mu Rwanda, yatunguye abafana be akora ikintu batari bamuziho

Umuhanzi wamenyekanye mu ndirimbo za Hiphop nka Mistaekyateguje yateguje abakunzi be album ye ya mbere yise 2040.

Iyi alubumu y’uyu muhanzi, izaba igizwe n’indirimbo zirenga 20 ziganjemo iziri mu njyana gakondo.

Ibi yabitangaje nyuma yo gutungura abatari bake acuranga gitari mu gitaramo cyo kumurika EP y’umuraperi, B Threy.

Kuza ku rubyiniro acuranga gitari byatunguye benshi cyane dore ko batari bazi ko azi no gukoresha icyo gikoresho cya muzika.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abahanzi bo muri Afrika yepfo bakomeje gupfa umusubirizo: undi muhanzi w’icyamamare wo muri Afrika yepfo yitabye Imana

Umunwa ku wundi! Diamond Platnumz yagaragaye ari gusomana na Zuchu ndetse banaterana imitoma (VIDEWO)