in

Umuhanzi Ed Sheeran yajyanywe mu nkiko

I Manhattan muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika , yatangiye urubanza ruregwamo umuhanzi Ed Sheeran aho akurikirabyweho kwiba ijyana ( Ibizwi nki gushishura) indirimbo ya Marvin Gaye yakoze mu 1973.

Iyi ndirimbo igiye kujyana Sheeran mu nkiko yitwa ‘ Let’s Get It On’. Abareberera Marvin Gaye bavuga ko Sheeran yabashishuye akayikoresha mu ndirimbo yitwa ‘ Thinking Out Lord’s yakoze muri 2014.

Bitenganyijwe ko Ed Sheeran w’imyaka 32 agomba kuzitaba iburanisha rizamara icyumweru akiregura kuri ibi birego byatanzwe mu 2017.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Burya koko agahinda ntikica kagira mubi: Umugabo yatangaje uburyo yafungishijwe n’umugore kubera yanze ko batera akabariro (video)

Igare mu ishuri: Ifoto ya Dogiteri Nsabi yibereye mu ishuri hamwe n’ikinyabiziga ikomeje kuvugisha benshi