in

Umuhanzi Davido agiye gukorera ibidasanzwe inshuti ze

Umuhanzi David Adeleke wamamaye nka Davido mu muziki yatangaje ko yifuza guha buri nshuti ye miliyoni 1000 frw.

Ni ubutumwa yatambukije kuri Instagram bugira buti “Umunsi umwe ndifuza kuzabyuka nkaha buri nshuti yanjye miliyoni 1000 frw ($1M) kandi bizaba “

Davido atangaje ibi nyuma yo gushora abarirwa muri miliyoni 375 frw mu kugurira inshuti ze 30 amasheni ahenze yanditsweho “30 BG” nk’akabyiniriro bazwiho.

Ni ubutumwa bwakiriwe neza n’abamukurikira cyane ko uyu muhanzi azwi mu bikorwa byo gufasha abakomerewe , imfubyi n’abatagira kivugira.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali:umugore yasanze umugabo we asambana n’inkumi muri lodge intambara irarota

Umutoza Mohammed Adil yashimiye abakinnyi bane abizeza ibihembo bishimishije