in

Umuhanzi Bwiza muri ibi bihe byo Kwibuka yageneye ubutumwa bukomeye abahanzi ndetse n’urubyiruko

Umuhanzi Bwiza yibukije urubyiruko n’abahanzi bagenzi be ko aribo bafite uruhare mu guharanira ko ibyabaye mu Rwanda bitazongera ukundi.

Mu gihe kuri iki Cyumweru mu Rwanda hatangiye icyumweru cy’icyunamo n’iminsi ijana yo kwibuka ku nahuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi, uyu muhanzikazi nawe yatanze ubutumwa akoresheje Instagram ye.

Bwiza ati:”Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, yadutwaye ababyeyi, abavandimwe n’inshuti twakundaga cyane.

“Nk’umuhanzi, ndasaba urubyiruko n’abahanzi bagenzi banjye kuzirikana no kwibutsa abadukurikira ko ari twe dufite uruhare mu guharanira ko ibyabaye mu Rwanda bitazongera kuba ukundi.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

#KWIBUKA: Iyi niyo shusho ya BK Arena aharabera umuhango wo gutangiza icyumweru cy’icyunamo -Amafoto

Umuhanzi Ykee Benda yifatanyije n’abanyarwanda mu kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi -Ifoto