in

Umugore yahuye n’uruva gusenya ubwo yafataga umugabo we ari kumwe n’ihabara|Ibyakurikiyeho ni akumiro(amashusho).

Umugore yahuye n’akaga ubwo yajyaga gucunga ko umugabo we amuca inyuma maze ihabara rye rimuhirikira muri pisine yoga amazi atari abyiteguye.

Impamvu yaya mahane ,ngo uyu muugore yakekaga ko umugabo we amuca inyuma,maze aza kwigira inama yo kumukurikira amusanga muri Hoteli ari kumwe n’ihabara banezerewe bari gusangira. Umugore nta kindi yakoze yateje urusaku muri Hoteli ashaka no kurwana n‘umugore uri kumutwarira umugabo nk’uko byatangajwe n’ibinyamakuru bitandukanye.

Mu nkuru z’aba bantu, nta mazina yabo yatangajwe, gusa amakuru avuga ko byabereye ku butaka bwa Nigeria. Mu mashusho yacaracaye ku mbuga nkoranyambaga, umugore akibafata agasakuza, bahise basohoka batonganira imbere ya Pisine, umugabo yageragezaga kwitambika ngo abakize, ku bwo kwirwanaho, ihabara ryahise risunikira mu mazi uwo mugore kubera umujinya.

Umugabo yabonye ibintu bifashe indi sura umugore we ari kurwana n’amazi yo muri Pisine ashaka kumurengera, niko guhindukirana ihabara rye ashaka kurigirira nabi bamwe baratabara.

Kanda kuri video hano hasi urebe uko byagenze:

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru ibabaje:Umusore mwiza yitabye Imana mu buryo butunguranye|apfuye yendaga gukora isabukuru.

Biteye ubwoba: Aba bantu batungwa no kunywa amaraso mabisi kandi ntibajya bambara na rimwe|ibyo wamenya kuri aba bantu batangaje.