in

Umugore w’i Kigali arambiwe umugabo we w’umusambanyi

Umugore wo mu mujyi wa Kigali, yanditse asaba ko abantu bamugira inama kubera umugabo we wabaswe n’ingeso y’ubusambanyi aho yirwa mu bandi bakobwa kandi amusize.

Uyu mugore avuga ko yanze kubyarana n’uyu mugabo , kubera iyi ngeso . Aribaza niba yamureka cyangwa bagumana.

Yagize ati:”Muraho,mbana n’umugabo ariko uwo mugabo yatandukanye n’umugore bapfuye jyewe..bakimara gutandukana yahise ansaba ko tubana ndemera ubu tumaranye imyaka 3 ariko uyu mugabo wanjye nubwo yatandukanye n’umugore wa mbere nanjye yahise akomerezaho ahora mu bandi bakobwa ,mbese ningeso ye ku buryo nubwo tumaranye imyaka 3 nanze kumubyarira kubera iyo ngeso none ndikwibaza,ese mureke?mungire inama pe”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Israel Mbonyi utegerejwe muri BK Arena kuri Noheli yavuze ikintu atifuza mu gihe igitaramo cye kizaba kiri kuba

Umukecuru w’imyaka 97 wishe abantu ibihumbi 10 yatunguye abantu