in

Umugore we yanze ko baryamana arangije afata icyemezo cyo kujya kubikora n’inka

Umugabo w’imyaka 31 yangiwe n’umugore we ko batera akabariro aboneza ku nka.
Ibi byabereye mu gihugu cya Zambia mu gace kitwa Chilanga, ahororerwa amatungo hitwa Mwalimu. Aho umugabo w’imyaka 31 y’amavuko wari umushumba w’inka, yangiwe gutera akabariro n’umugore we maze yakumva bikomeje kwanga kubera ubushake bwinshi akagenda agafata imwe mu nka yaragiraga.

Ibya aya makuru byamenyekanye ubwo nyiri inka witwa Chimenga yahamazaga abashinzwe umutekano avuga ko inka ye yasambanyijwe n’umushumba.

Ubwo umushumba yabazwaga icyabimuteye yavuze ko yabitewe n’umugore we wanze ko batera akabariro agira ubushake bwinshi bituma asambanya iyi nka.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Impundu ni zose: Umuhanzi ukunzwe mu Rwanda yaraye yibarutse umwana we wa gatatu

Basigaye basa: The Ben na Pamela bakomeje kwiharira imbuga nkoranyambaga – VIDEWO