in

Umugore azagukunda kandi akubahe nukurikiza ibi 7

Abagore ni abantu bagira amahame baba bumva bagenderaho uko bwije nuko bukeye, kandi iyo urebye neza abagore hafi ya bose usanga bakunda ibintu bimwe.

Niba uri umugabo ugomba kuba wisanga muri ibi bintu 7 niba ushaka ko umugore wawe agukunda kandi akakubaha.

1.Menya gukoresha amafaranga neza: burya abagore ni abantu batazi kwihanganira kubona umugabo apfusha ubusa amafaranga.

2. Menya kuva kwizima : Burya nubwo guhagarara ku ijambo ryawe ari byiza ariko imbere y’umugore gutsimbarara sibyiza kuko aba ashaka ko muhana ibitekerezo.

3. Irinde uburaya n’ubuhehesi : umugore uwo yaba ariwe wese ntajya yihanganira kubona umutendeka n’abandi.

4. Irinde kujya wivanga mu bibazo byabandi (amatiku atakureba) kandi ujye uvuga make igihe muri mu bandi.

5. Jya umutega amatwi muganire kandi umenye kumuhoza igihe yababyaye.

6. Jya wirinda kumubeshya kuko akenshi abagore bamenya ibintu mbere y’uko ubimubwire.

7. Jya ukora uko ushoboye kose umuhe care kandi ntuzigere utuma muburara cyangwa ngo mubwirirwe, kuko iyo muburaye 1, 2, 3 uhita utangira gucibwa amazi mu rugo.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Wonder boy
Wonder boy
1 year ago

Wooow thanks

Mu minota 15 gusa amaso ahita ahinduka nk’ayinyana: Menya uburyo bworoheje wakoresha cocombre ukagira amaso y’umweru mu gihe gito

Dufite ubwenge bwinshi ariko harimo n’ubugome: Alliah avuze uburyo abagore barusha ubwenge abagabo(video)