in

Umugore ararikoze! Umupasiteri yabuze aho akwirwa nyuma yo kwakira ibaruwa itari nziza imwereka imiryango y’urusengero

Umupasiteri wakoreraga umurimo w’Ivugabutumwa mu Itorero Angilikani ry’u Rwanda, Ntibaziganya John Samuel, yahagaritswe ku mirimo ye kubera ikibazo cyo kutumvikana n’umugore we.

Ntibaziganya yakoreraga ivugabutumwa muri Diyoseze ya Shyira mu Ntara y’Amajyaruguru. Ibaruwa imusezerera yanditswe ku wa 23 Mutarama 2023.

Iyi baruwa isinyweho n’umwepisikopi wa Diyoseze wa Shyira, Rt Rev. Dr Mugisha M. Samuel igaragaza ko uyu mupasiteri yahagaritswe ku mirimo ye kugira ngo abanze akemure ikibazo afitanye n’umuryango we.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bahavu Jeannette ntabwo azongera gushyira filime ye “Impanga” kuri YouTube – Shira amatsiko

Azi no kubyina wee! Miss Iradukunda Elisa yerekanye indi mpano idasanzwe afite yaciye ibintu kumbuga nkoranyambaga -Videwo