in

Umugabo yiyambuye amapantalo ahitamo kujya yambara nk’abagore(AMAFOTO)

Mark Bryan, uyu mugabo akomeje gutangaza benshi kubera imyambarire ye aho yahisemo gukuramo ipantaro nkabandi bagabo akajya yiyambarira imyambaro n’inkweto z’abagore.

Mark w’imyaka 61 y’amavuko yiyemeje kujya yambara amajipo y’abagore n’inkweto ndende, niwo mwambaro agira ajyana kukazi ndetse no mubirori aba yitabiriye.

Uyu mugabo ufite umugore n’abana bane, atuye Germany akaba yaravukiye muri Leta zunze ubumwe za Amerika.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ese Rocky Kirabiranya yaba ari murukundo n’umuzungukazi?

Cristiano yaje imbere ya Messi ku rutonde rw’abakinnyi b’ihebe byose bakize kurusha bandi