in

Umugabo yihinduye umukobwa ajya gukora ubuyaya mu rugo rw’uwahoze ari umugore we

Uyu mugabo yahinduye amazina ye yiyita Mrs Doubtfire, akaba yaragiye gukora mu rugo rw’umukobwa bahoze bakundana ndetse binavugwa ko bari barabanye na mbere akabikora agamije kugira ngo abone ukuntu agumana n’abana be bafitwe n’uwo mugore anabarere neza.

Ubwo yari mu rugo ni bwo byaje kumenyekana ko ari umugabo maze amakuru ye agezwa ku inzego z’umutekano muri Kenya.

Umuvugizi wa Polisi, Rae Hamoonga, mu kiganiro yahaye itangazamakuru, yavuze ko uyu mugabo yafashwe nyuma yo kugerageza gufata ku ngufu umwana w’umukobwa w’imyaka 19.

Yasabye abantu bose bagerageza guhindura imico yabo cyangwa n’ukundi kuntu baremwe bagamije kwiba no kwambura ko babireka.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma y’imyaka 46 y’umubabaro n’agahinda Imana yabakoreye igitangaza

Bwaba ari ubwoba Rayon Sports yagize bwatumye yandikira FERWAFA byihutirwa