in

Umugabo yatanze umugore we arongorwe n’undi mugabo kugira ahabwe amafaranga

Umugabo yatunguye abantu nyuma y’uko yemeye gutanga umugore we ngo arongorwe n’undi mugabo hanyuma ahabwe amafaranga angana 4,000$ asaga miliyoni enye z’amanyarwanda.

Ni umugabo ukomoka Lumumbashi muri Congo aho yemeye umugabo wiyise nyirarume ngo amuhe umugore we amurongore nawe ahabwe amafaranga 4000$.

Uyu mugabo wari uje avuye muri South Africa, yaje kumenya ko yagambaniwe n’uwo muagabo n’umugore ubukwe ahita abureka gusa ariko yari yageze muri Congo ndetse yiteguye guhita amanukana umugore we muri South Africa.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Kwihagararaho si ugusuzugura” Miss Kayibanda Aurore yagiriye inama abakobwa bashaka kwihesha agaciro

Haruna Niyonzima yiyemeye ku mutoza kugira ngo arebe ko yabona umwanya wo gukina