in

Haruna Niyonzima yiyemeye ku mutoza kugira ngo arebe ko yabona umwanya wo gukina

Kapiteni w’Amavubi Haruna niyonzima, kuri ubu ari kumwe n’Amavubi mu gihugu cya Tanzania aho bagiye gukina umukino wo gushaka itike izayijyana mu gikombe cya CHAN.

Niyonzima Haruna utarabashije guhamagarwa mu ikipe y’igihugu yavuze amagambo akomeye atanga ikizere ku mutoza ku buryo yamubanza mu kibuga.

Yagize ati “Iki kibuga tuzakiniraho (uwanja wa mkapa muri Tanzania) nagikiniraho nanasinziriye kuko nahamaze igihe kirekire”.

Amavubi araza gukina kuri uyu wa gatanu saa kumi.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo yatanze umugore we arongorwe n’undi mugabo kugira ahabwe amafaranga

Passion Evaluation — Precisely What Do We Realize Regarding It?