in

Umugabo yagiye gusezerana n’undi mugore, umugore babyaranye umwana wambere ahita aza kwica ubukwe birangira umugabo yihakanye umwana – Amashusho

Umwana ni fotokopi ya Se! Umugabo yagiye gusezerana n’undi mugore, umugore babyaranye umwana wambere ahita aza kwica ubukwe birangira umugabo yihakanye umwana

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje kuzenguruka amashusho atangaje y’umugabo wagiye gusezerana umugore babyaranye umwana wambere akaza kwica ubukwe.

Amakuru ahari avuga ko uyu mugabo yihakanye umwana we ndetse ngo akaba yarateye inda Nyina afite imyaka 17, kuri ubu umwana agize imyaka icumi.

Uyu mugore w’imyaka 27 aribaza impamvu umugabo agiye gushaka kandi n’umwana we wambere yaramwihakanye.

Gusa umugabo ntiyigize ava ku izima ahubwo yakomeje aramwihakana. Reba Videwo

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking news: Ikipe ya APR FC nyuma yo kubona ifite ikibazo cya Shaiboub utagikina muri iyi minsi yamaze kumvikana n’umukinnyi wirahirwa na KNC uyobora Gasogi United

Mutesi Scovia ngo ntashaka ko abantu bazabyina kuri noheri no kuri bonane ngo kuko bakiriho, ahubwo yabagiriye inama yibyo bagomba kwishimira – Amashusho