in

Umugabo yafashwe agura indaya mu mafaranga yari avuye gusabiriza ku muhanda

Benshi mu baka ubufasha bwo ku muhanda si uko baba hakennye cyane cyangwa se bose bafite ibibazo biruta ibyabandi kuko hari nababa batanyurwa ndetse badakunda gukora bagahitamo kujya gusabiriza ku muhanda.

Umugabo mu gihugu cya Ghana yafashwe nyuma y’uko yari amaze umwanya ku muhanda asaba umuhisi n’umugenzi amafaranga kugira ngo bamufashe kuko akennye.

Nyuma y’uko yari amaze guhabwa amafaranga, yahise yihutira kwigurira indaya kandi ntiyajya mu ziciriritse ahubwo ajya kugura izihagazeho mu mafaranga yari amaze gusabiriza ku muhanda.

Abantu bakimara kubona ibyo, bahise banzura ko ntawe bazongera gufasha uko biboneye kuko abenshi aba ari abatekamitwe.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Aisha wo muri Nyaxo Comedy na Nyambo wo mu ‘Umuturanyi’ bakaraze umubyimba mu ndirimbo ya Element Eleéeh (Videwo)

Platin P yavuze umuhanzi we w’ibihe byose ukiriho bitungura abatari bake