in

Aisha wo muri Nyaxo Comedy na Nyambo wo mu ‘Umuturanyi’ bakaraze umubyimba mu ndirimbo ya Element Eleéeh (Videwo)

Inkindi Aisha wamamaye muri filime nyarwanda y’urwenya izwi nka Nyaxo Comedy yakaraze umubyimba afatanyije na Nyambo na we wamamaye muri filime Umuturanyi.

Abo aba bakobwa baba bari kubyina ntabwo baba ari bonyine ahubwo baba bari kumwe na Jojo Breezy usanzwe ari umubyinnyi ukomeye mu Rwanda ndetse na Emmy.

Mu mashusho umwe muri abo babyinaga yashyize ku mbuga nkoranyambaga ze, uba ubona ko bishimiye cyane indirimbo ya Element Eleéeh yise Kashe baba bari kubyina.

Ikindi Aisha ni umukinnyi wa filime ukomeye mu Rwanda, mu kuzamuka kwe yabifashijwemo na Kaganga Comedy nyuma aza guhura na Nyaxo mu gihe Nyambo we ari umukinnyi wa filime ukomeye ndetse akaba ari n’umunyamakuru.

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakurukazi ukomeye wa RBA yongeye gushimangira uburanga bwe (Amafoto)

Umugabo yafashwe agura indaya mu mafaranga yari avuye gusabiriza ku muhanda