in

Umugabo wabanaga n’abagore babiri uwa kabiri akaba yari umukobwa we babyaranye yasanzwe yiyahuye

Mu mujyi wa Kigali mu karere ka Kicukiro umugabo witwa Pascal yabanaga n’abagore babiri uwa kabiri akaba yari umukobwa we babyaranye ku bw’amahirwe make umwana yaje witaba Imana.

Uwo mugabo yiyahuye yijugunye mu kigega cy’amazi bivugwa ko yabitewe no kuba yararambiwe amakimbirane ari mu muryango we nk’uko BTN TV dukesha iyi nkuru yabitangaje.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Uteye ibuye mu isenga ry’imbwa, imotse niyo riba rifashe” Shaddyboo akimara kubona Umupasterikazi wibasiye abakobwa bujuje ama etaje batagira akazi kazwi bakora, nawe yahise amubaza ikibazo cyatumye abantu bamukomeretsa

Abenshi bayirwaye batabizi! Mu Rwanda abarwayi ba Kanseri yo mu muhogo iterwa no gukora imibonano yo mu kanwa bakomeje kwiyongera