in

“Umugabo udatanga indezo” Keza Terisky ashyize ukuri hanze ku mubano we na The Trainer

Umunyamidelikazi uzwi kw’izina rya Keza Terisky uri mu bihe bye byiza n’imfura ye yatangaje amakuru mashya ku mubano we na The Trainer babyaranye.

Ni mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Irene Murindahabi ukora ku giti cye ndetse akanakora mu kiganiro The Choice gitambuka kuri tereviziyo ya Isibo TV .

Keza Terisky Abajijwe niba ajya gusama imfuraye niba yari yabiteguye yasubije agira ati: ” Gutwita kwange ni ibintu nateguye Kandi nabiganiriyeho nuwo twabyaranye”

Terisky yavuze ko kugirango atandukane na The Trainer byatewe n’umukozi wo mu rugo aho The Trainer yashakaga kuryamana nawe maze amutega kamera kuva ubwo bahita batandukana.

Yabajijwe ikindi kibazo kijyanye no kuba The Trainer yaba amuha indezo y’umwana avuga ko atazi indezo uko Isa.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Youssef Rharb yahaye ubutumwa Aba-Rayon

Ni ikihe kintu ibirwa bihuriyeho n’inyajwi “a”? – IGISUBIZO