in

Umubyeyi usengera muri ADEPR wari usanzwe aririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yahisemo kuririmba n’indirimbo zisanzwe nyuma yo kubona Igisupusupu nawe impano ye yaramenyekanye akuze – AMAFOTO

Umubyeyi w’imyaka 54 yahishuye ko umuhanzi Nsengiyumva wamamaye nka Igisupusupu yamutinyuye maze atuma akora indirimbo z’ubuzima busanzwe.

Uyu muhanzikazi witwa Mukaturibo Drothee asanzwe asengera muri ADEPR yavuze ko indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yakoraga ziyongereyemo izijyanye n’ubuzima busanzwe kubera Igisupusupu watumye azitinyuka.

Drothee yatangiye gukora umuziki akuze kubera ibyo yasezeranyaga Imana ko azayikorere nyuma yo kurukoka urupfu ubwo yari mu myitozo ya gisirikare mu Bigogwe kuko yaboze mu gisirikare.

Mukaturibo Drothee utuye mu Murenge wa Muhazi mu karere ka Rwamagana, avuga ko yatangiye gukora indirimbo zivuga ku buzima busanzwe mu gihe amaze imyaka 18 akora indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana.

Mu ndirimbo za Mukaturibo Drothee harimo nka ‘Indamutso’ ndetse n’iyitwa ‘Yefuta arangije urugamba’.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa ushaka kurambana n’uyu musore mu rukundo akwiye kubyirinda! Ibintu 6 abasore bafite ifaranga rijejeta banga mu rukundo

Bwa mbere umuhanzikazi Rihanna yerekanye umwana we aherutse kwibaruka (AMAFOTO)