in

Umubyeyi witwa Ngabonziza Levin yandikiye RIB ayisaba ubufasha nyuma yo kubura umwana yanamuhamagara kuri telefone ikitabwa n’umugabo wamuteye ubwoba

Umubeyi witwa Ngabonziza Levin yandikiye RIB ayisaba ubufasha nyuma yo kubura umwana yanamuhamagara kuri telefone ikitabwa n’umugabo wamuteye ubwoba.

Ukoresha amazina ya Ngabonziza Levin kuri Twitter, yasabye RIB kumufasha kubona umwana we waburiwe irengero.

Turakwamamariza kuri macye ashoboka. Uko yaba angana kose.

Mu butumwa yashyize ku rukuta rwe rwa Twitter, avuga ko umwana we yabuze ko kandi iyo bahamagaye telefone ye yitabwa n’umugabo akababwira ko batazongera kumubona.

Yagize ati: “Dear RIB turasaba ubufasha umwana wacu twamubuze telephone ye yitabwe n’umugabo atubwira ko tutazongera kumubona,mwadufasha kumushakisha cg kutubwira inzira twanyuramo!Thx @Annemwiza @EgidieBibio @oswaki mudufashe number ya phone nayibahaye muri DM.”

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

RIP Gafunguzo! Ku Gisozi habereye ubundi bwicanyi buteye ubwoba -AMAFOTO

Umunyeshuri wahawe buruse yo kujya kwiga muri Amerika yagezeyo atera inda abapolisi bane none ari mu mazi abira