in

Umanika agati wicaye wajya kukamanura ugahaguruka! Zeo Trap nyuma yo kwitaba RIB ubu ari mwihurizo rikomeye nawe ubwe adafitiye igisubizo

Umuhanzi w’umuraperi hano mu Rwanda uzwi nka Zeo Trap nyuma yo kwitaba RIB yasabye abantu bari gusubiza indirimbo “Sinabyaye” ku mbuga nkoranyambaga kuyisiba nyuma y’uko yabitegetswe.

Abinyujiji ku rukuta rwe ra X yagize ati “RIB yantegetse GUKURA INDIRIMBO YITWA SINABYAYE ku rubuga rwa YOUTUBE, ndasaba abantu bose MURI KUYISUBIZAHO kuyisiba , kubwo mutekano wanjye. Mumfashe”

Iyi ndirimbo yagarutsweho cyane bitewe n’amagambo nyandagazi agize iyi ndirimbo yibasira mugenzi we.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza wa Manchester City, Pep Guardiola yigiriye muri Basketball n’akanyamuneza kenshi -Amafoto

Amavubi yaraye ananiwe gutsinda Benin none yambuwe umwanya wa mbere yarimaranye igihe kinini