in

Amavubi yaraye ananiwe gutsinda Benin none yambuwe umwanya wa mbere yarimaranye igihe kinini

Ikipe y’igihugu ya Lesotho yatsindiye Zimbabwe iwayo ibitego 2-0, iyobora Itsinda C n’amanota atanu mu mikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026.

U Rwanda rwageze ku mwanya wa kabiri n’amanota ane runganya na Bénin ya gatatu.

Undi mukino w’Umunsi wa Gatatu muri iri tsinda ni uwo Nigeria yakiramo Afurika y’Epfo saa 21:00.

Bafana Bafana ifite amanota atatu mu gihe Super Eagles ya Nigeria ifite amanota abiri inganya na Zimbabwe.

Lesotho izakurikizaho kwakira Amavubi ku wa Kabiri, tariki ya 11 Kamena 2024.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umanika agati wicaye wajya kukamanura ugahaguruka! Zeo Trap nyuma yo kwitaba RIB ubu ari mwihurizo rikomeye nawe ubwe adafitiye igisubizo

Abakunzi ba Rayon Sports bakusanyije amafaranga yo kugura ijigo ryo kujegeza amakipe i Nyarugenge