in

Ukuboko kwe kumwe gucuranga neza by’agahebuzo, Junior Multisystem wacitse akaboko yongeye kugaragara mu mirimo ye nyuma y’uburwayi bwendaga kumuhitana(Videwo)

Ukuboko kwe kumwe gucuranga neza by’agahebuzo, Junior Multisystem wacitse akaboko yongeye kugaragara mu mirimo ye nyuma y’uburwayi bwendaga kumuhitana(Videwo)

Mbere y’uko Junior Multisystem acika ukuboko yakoraga indirimbo z’abahanzi bakomeye ndetse ziranakundwa cyane.

Gusa ku bwamahirwe macye uyu mugabo yaje kugira impanuka acika ukuboko ndetse no gukora indirimbo bisa n’ibihagaze kuko kuko ntago byari kumworohera gukoresha ukuboko kumwe kandi yari umuntu ukoresha amaboko abiri mu kazi ke ka buri munsi.

Junior Multisystem kandi nibwo yaje kugaragara mu bitangazamakuru atabaza kubera uburwayi bwari bukomeye bwamwibasiye kandi icyo gihe bwaje kumwibasira yarakennye cyane .

Gusa mu minsi ishize Junior Multisystem yashyize indirimbo hanze ari kumwe na King James iyi ndirimo y’Imana bayise nkomeza, ni indirimbo irimo ubutumwa bwiza kandi bwasana imitima ya benshi.

Reba video hasi

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu Rwanda: Umugabo yafashe umugore we w’uburanga arimo kumuha inzaratsi, none umugore yakoze n’ikindi gikorwa gishengura umugabo we ku rwego rwo hejuru

Biratangaje! Abana 4 barokotse impanuka y’indege mu buryo bw’ibitangaza – AMAFOTO