in

Mu Rwanda: Umugabo yafashe umugore we w’uburanga arimo kumuha inzaratsi, none umugore yakoze n’ikindi gikorwa gishengura umugabo we ku rwego rwo hejuru

Umugabo yafashe umugore we arimo kumuha inzaratsi, none umugore yakoze n’ikindi gikorwa gishengura umugabo we ku rwego rwo hejuru

Benshi mu twe nti twizera neza ko habaho uburozi bwitwa inzaratsi kandi zikora gusa ubu burozi bubaho kandi burakora ni n’ayo mpamvu hari uwifayiye umugore we ari kumutega izi nzaratsi.

Ni umugabo wagishije inama agira ati:Mwaramutse. Ndi umugabo ndubatse mfite umugore n’umwana umwe, Tumaranye imyaka ine kandi ndamukunda cyaneee! Namufashe arimo ampa inzaratsi, nabajije abakuru bambwira ko aribyo.

Umugore yanze kumbwira uwamushutse muhitishamo kumumbwira arabyanga ahitamo kujya iwabo kandi ndamukunda. Ntituri bakuru pe, nimunjyire inama ndabakunda cyane”.

Aha wakwibaza uti ese koko uyu mugore we yaba amukunda bingana gute ku buryo niba afatiwe mu ikosa atashobora gusaba imbabazi ngo avuge n’uwamushutse ahubwo agahitamo kwahukana, ese ari wowe wamucyura cyangwa hari ubundi buryo ?

Iyi ni ifoto twifashishije

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoma: Kandi ni wowe nta wundi, ndeba nkareka abandi… (wusome wose)

Ukuboko kwe kumwe gucuranga neza by’agahebuzo, Junior Multisystem wacitse akaboko yongeye kugaragara mu mirimo ye nyuma y’uburwayi bwendaga kumuhitana(Videwo)