in

Umuhanzi ukomeye cyane wahukanye mu rugo rwe, ari mu munyenga w’urukundo n’undi mukobwa ukiri muto kandi w’uburanga (AMAFOTO )

Umuhanzi ukomeye cyane ku isi hose, Rudeboy wo muri P-Square aravugwa mu rukundo n’umukobwa w’uburanga nyuma yo kwahukana.

Nk’uko byasakaye ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye, ni uko uyu muhanzi ari mu rukundo n’undi mukobwa mushya yasimbuje umugore we.

Ibi bije nyuma y’uko uyu muhanzi wakunzwe mu ndirimbo nka ‘Reason with me’ yahukanye agata umugore we bari bamaranye imyaka itari mike.

Kuri ubu Rudeboy ari mu rukundo n’umunyamideli witwa Ivy Ifeoma, aho baryohewe n’iminsi y’urukundo bari kunyuramo.

Mu mafoto yasakaye ahantu hose yerekana uyu muhanzi ari kumwe n’uyu mukobwa wamutwaye umutima.

AMAFOTO

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyeshuri yikase igitsina nyuma y’ijambo umukobwa bakundana yari amubwiye (AMAFOTO)

Inzobe wayikuyehe ra! Ifoto ya Uwase Muyango akiri umunyeshuri yatangaje benshi