in

Ubwoko 3 bw’abagabo bakurura abagore batagombye kugira ibirenze bakora

Ubwoko 3 bw’abagabo bakurura abagore batagombye kugira ibirenze bakora.

Hari abagabo baba bafite igikundiro bigaragarira buri umwe ku buryo iyo abagore bababonye baba bumva ari nkaho babonye abagabo b’inzozi zabo.

1.Umugabo muremure kandi wakoze umubiri: abangaba akenshi bakurura abagore bitewe n’imiterere yabo myiza ikundwa n’abagore.

2. Abasore b’abakire: kuba ari umukire bituma akundwa n’abagore cyane gusa ntibivuze ko baba bamukundiye amafaranga, ahubwo akundirwa ikizere(confidence) y’igirira we ubwe bigatuma yavugisha buri umwe nta soni afite.

3.Abasore beza ku maso kandi bafite ishinya y’umukara: aba bo ni umwihariko ukomeye cyane kuko abagore babakunda bakibabona kubera ukuntu baba baseka neza, kandi akenshi aba baba ari abana beza.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Benshi bayiboneraga kure: Tatowaje ya Ariel Wayz yatumye benshi bacika ururondogoro nyuma yo kubona ko ari umukobwa wambaye uko yavutse yishushanyijeho(ifoto)

Ukoresha irihe banga: Umuvandimwe wa Junior Giti yabajijwe ibanga akoresha ryo gusa neza ny’uma y’amafoto ye yakuruye abakobwa benshi (amafoto)