in

Ubwenge aburusha Bakame: Element yamaze amatsiko abibazaga ko azamburwa iri zina kubera impamvu ikomeye

Umuhanzi akaba umuhanga uhambaye mu gutunganya imiziki Element yatangaje byinshi ku izina rye ryigeze kuvugwaho byinshi ndetse bikanavugwa ko ashobora kuryamburwa.

Element yaraye atangaje ko izina Element yarisinyishije kera cyane abantu batabizi kuko ngo yabonaga rizamubeshaho mu magambo ye yagize ati:” Izina Element narisinyishije kera ndituriza kubera ko nabonaga rizangirira umumaro”.

Uyu muhanzi akomeza agira ati:” Abandi bagiye kuryandikisha ngewe narabikoze kera” ibi yabivuze mu kiganiro The Choice Live ku Isibo Tv ubwo yabazwaga kubijyanye no kuba ari Noopja wari mwise ndetse ashobora no kuba afite ubushobozi bwo kurimwaka akaba yakitwa irindi zina.

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzikazi ukomeye yakuye imyaka 8 ku yo yari asanganywe kubera ibyago yahuye na byo 

Na we ararenze: Amakuru meza ku bakunzi ba Real Madrid