in

Ubusobanuro benshi tutazi bwo gutanga isezerano ukoresheje agatoki gahera (guteega))

Kuva mu bwana abenshi muri twe twabyitaga guteega ariko kandi bikaba binameze nk’isezerano uhaye uwo mwahuje udutoki duhera mudusobekeranyije,   niba wibuka neza  ni inshuro zingahe inshuti yawe yakubwiraga ibanga ikagusaba ko musobekeranya udutoki duhera nk’isezerano ry’uko utazagira uwo ubibwira?

Ubundi uku gutega byaturutse mu gihugu cy’Ubuyapani ndetse  babyita “Yubikiri” bisobanuye “Finger-cut-off”., abayapani bahanaga isezerano bakoresheje utu dutoki duhera ndetse uwicaga isezerano yatanze akoresheje ubu buryo , ako gatoki ke gahera baragacaga,  nkuko inkuru dukesha Times Of India ibivuga.

Mu Buyapani uwicaga isezerano yatanze akoresheje utu dutoki duhera agatoki ke bahitaga bagaca
Mu Buyapani uwicaga isezerano yatanze akoresheje utu dutoki duhera agatoki ke bahitaga bagaca

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Arongeye akoze mu nganzo! Danny Nanone warukumbuwe cyane asohoye indirimbo nshyashya 

Lionel Messi mu nzira zisoka muri PSG yambara ‘Visit Rwanda’ akigira kurya amamiliyari y’abanyamerica