in

ubukwe bwahagaze nyuma y’uko abageni baguye barimo babyina

Nkuko twese tubizi, ubukwe ni ikintu lkingenzi abantu bose baba bagomba gukora kandi bakakishimira dore ko bavuga ko nta kintu gitanga ibyishimo byinshi nk’ubukwe.

ni mu buryo bw’amajwi na Audio aho abageni babiri bari barimo babyina reka sinakubwira bishimanye, umugeni w’umugore yahise agwa hasi hanyuma umugabo agiye kumuramira nawe barajyana.

Iyi video kuri instagram, yarebwe n’abasaga ibihumbi 20 ndetse inakundwa n’abandi bagera kuri igihumbi, ndetse n’ibindi bitekerezo byagiye bitangwa bavuga ko ibyishimo byabo bitarambye.

kubwo amahirwe, ntawakomeretse cyangwa se avunikire muri iyo mpanuka yatewe n’ibyishimo byo kuzabana akaramata.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

umukobwa yabyiniye ifi nyina atahana akamwenyu k’amafaranga menshi

Umukobwa wo muri Kaminuza yaguye muri koma ukimenya ko mwarimu we yishwe na SIDA