in

umukobwa yabyiniye ifi nyina atahana akamwenyu k’amafaranga menshi

Abantu bakunze kuvuga ko muri iyi minsi nta mikino ikibaho aho buri wese aba agomba kwirwanaho agashaka uburyo bwose yabaho kandi akabaho ubuzima akunze ndetse agakunda ubuzima abayemo.

Ni inkuru dukesha urubuga rwa Tiktok aho umukobwa yasangije abamukurikirana amafoto amugaragaza arimo abyina azunguza ikibuno ndetse mama we arimo acuruza amafi bituma uwo mubyeyi acyura amafaranga menshi cyane kuko uwo mukobwa yakururaga abakiriya.

ubwo umubyeyi yari yagiye kugurisha amafi hanyuma ajyana n’umukobwa we uzi kubyina hanyuma bageze aho bayacururiza,umukobwa atangira gukaraga umubyimba ubwo abantu baza baje kureba uko uwo mukobwa akaraga umubyimba hanyuma abantu baramwishimira abagura amafi ku bwinshi.

abantu batashye batangariye uburyo uwo mubyeyi n’umukobwa bagurisha amafi yabo ndetse n’ukuntu bavumbuye ayo mayeri ndetse abandi bagenda bavuga ko uwo muryango ariwo uzibeshaho.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wa munyamakuru wasezeye kuri RBA hamenyekanye aho yerekeje

ubukwe bwahagaze nyuma y’uko abageni baguye barimo babyina