in

Umukobwa wo muri Kaminuza yaguye muri koma ukimenya ko mwarimu we yishwe na SIDA

Habayeho urujijo mu banyeshuri igihe mugenzi wabo w’umukobwa yaguye inshuro eshatu nyuma yo kumva amakuru y’urupfu rw’umwarimu wabo.

Umukoresha wa Twitter, @ Spend0Gustav0, wavuze inkuru, yavuze ko umunyeshuri w’umukobwa utaravuzwe izina yacitse intege inshuro eshatu ndetse akaba nkuguye muri koma nyuma yo kumva ko umwarimu wabo yapfuye azize indwara ya Sida.

Nubwo nta bisobanuro byatanzwe ku mpamvu yatumye acika intege, abantu benshi barimo gushimangira ko agomba kuba yararyamanye na nyakwigendera akiri muzima.

@ Spend0Gustav0 ati “Umukobwa yacitse intege inshuro 3 agwa hasi amaze kumva amakuru yuko umwarimu wacu yapfuye azize sida. Sinumva impamvu yacitse intege bigeze aho”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

ubukwe bwahagaze nyuma y’uko abageni baguye barimo babyina

Gutera abantu impuhwe nawe byaguhira, umusore arashakishwa hasi hejuru ngo ahabwe akazi