in

“Ubu koko kuki Imana itugora, yaduhaye avanse tukaba twirira” Umu pasiteri yanenze Imana mu ruhame

“Ubu koko kuki Imana itugora, yaduhaye avanse tukaba twirirwa” Umu pasiteri yanenze Imana mu ruhame.

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwira amashusho y’umu pasiteri wavuze amagambo atangaje asa nkaho yantengaga Imana.

Uyu mu pasiteri yagiraga ati ” kuki Imana itugenera kuzaduha amafaranga ariko Ikarindira kuzayaduha mmtugeze mu zabukuru?”

Akomeza agira ati “ubundi ibintu yavuganye natwe tubijyanye kuri bank baduha inguzanyo, ubu koko yaduhaye nka avanse tukaba twirira cyangwa ikaduhuza na bank zibishinzwe zikaduha inguzanyo koko”.

Amashusho

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo wari wibye yahungiye muri nyabarongo na yo iramumira

“Nzatera inda gusa” Kanimba yatangaje ikintu atazigera akora giharawe cyane muri iyi minsi