in

“Nzatera inda gusa” Kanimba yatangaje ikintu atazigera akora giharawe cyane muri iyi minsi

Umukinnyi wa filime umaze kumenyekana cyane hano mu Rwanda Kanimba wamamaye cyane muri filime ya Bamenya Series akinana na Soleil yabajijwe kubijyanye no gutera ivi abitera utwatsi.

Kanimba uzwiho ubuhanga mugukina filime nyarwanda mu kiganiro n’umunyamakuru Chita kuri YouTube channel yitwa Chita Magic yabajijwe niba azigera atera ivi maze mu magambo ye agira ati:” Nzatera inda gusa” ku buryo wumvaga ko nta gahunda afite yo kuzigera akora iki gikorwa giharawe cyane muri iyi minsi.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Ntirenganya Alfred
Ntirenganya Alfred
10 months ago

Kanimba numusaza cyane aratekereza sana

“Ubu koko kuki Imana itugora, yaduhaye avanse tukaba twirira” Umu pasiteri yanenze Imana mu ruhame

Zahinduye imirishyo: Police y’u Rwanda yafatiye imyanzuro ikakaye abantu bafite impushya zo gutwara ibinyabiziga zatangiwe mu mahanga (video)