in

Ubanza biyunze pe! Ikipe ya APR FC yashyizeho Kapiteni mushya ugomba kuyobora abandi uyu mwaka w’imikino

Ubanza biyunze pe! Ikipe ya APR FC yashyizeho Kapiteni mushya ugomba kuyobora abandi uyu mwaka w’imikino

Ikipe y’ingabo z’igihugu APR FC yashyizeho Kapiteni mushya ugomba kuyobora abandi bakinnyi muri uyu mwaka w’imikino ugiye gutangira.

Ku munsi wejo kuwa gatatu ikipe ya APR FC irakina umukino wa mbere wa gishuti n’ikipe ya Marine FC, undi mukinnyi izawukina n’ikipe ya Kiyovu Sports kuwa gatandatu tariki 5 Kanama 2023.

Amakuru YEGOB twamenye ni uko nyuma yaho Thierry Froger atoje Taddeo Lwanga muri Arta Solar7 akaza no kumwirukana, akongera kumusanga mu ikipe ya APR FC kugeza ubu niwe yagize Kapiteni mushya w’iyi kipe.

Umutoza impamvu yahisemo Taddeo Lwanga ni uko ngo ari umukinnyi ufite ubunararibonye ndetse ubona ko ngo afite uko akorana n’abandi bakinnyi kandi neza mu bwumvikane cyane ku ndimi ahuza n’abakinnyi kurusha abandi bakinnyi bakomeye b’abanyamahanga iyi kipe yaguze.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Anita Pendo yongeye kurikoroza nyuma y’amashusho yagiye ku karubanda ari kubyinana n’umunyamakuru mugenzi we bakubana umubiri ku wundi – VIDEWO

Umukinnyi ikipe ya APR FC yasinyishije bivugwa ko imutwaye Rayon Sports kugeza ubu ntabwo umutoza arimo kwishimira imikinire ye