in

Tom Close yavuze abahanzi yatinyaga mu gihe cyabo kuburyo atiri no guhanganira igihembo nabo

Mu Rwanda higize kubaho amarushanwa ngaruka mwaka yahuzaga abahanzi bo m’urwanda, bayitaga Primus guma guma super star, aya marushanwa umuntu wahigaga abandi yahabwaga million 24 frw.

Mu mwaka wa 2011 nibwo umahanzi Tom Close yegukanye igihembo nyamukuru mu irushanwa rya Primus guma guma super stars,yarahanganye na bandi bahanzi benshi batandukanye bo mu Rwanda.

Tom Close yavuze ko abahanzi bonyine bashoboraga kuba bamutwara kiriya gikombe muri uriya mwaka yari Meddy, The ben, Rafiki, na Miss Jojo. Ariko amahirwe yagize ntago aba bombi bigize bitabira iryo rushanwa.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Myugariro w’ikipe ya Rayon Sports yamaze kumvikana n’ikipe ya Police FC

Ubu ushobora kuzajya ugura icyo wifuza udafite amafaranga ukazishyura nyuma