in

Tandukana no kugira uruhu rwo mu maso rukanyaraye! Menya uko wita ku ruhu rwawe maze mu Cyumweru kimwe gusa rugasubirana itoto

Mu mujyi wa Kigali hari inzobere mu buvuzi bw’indwara z’uruhu aho bari gufasha abantu bafite ibyo bibazo byose by’uruhu, abafite uruhu rukanyaraye, inkovu zanze gukira ndetse n’ibindi byinshi bijyanye no kwita ku ruhu, byose bagukoraho bigakira.

Abo ntabandi ni muri Ange Saloon Spa and Boutique, bagufiye amavuta akomoka ku bimera, avura cyane ibiheri, inkovu, amabara ku ruhu aterwa no kwisiga hydroquinone(mukorogo), ndetse n’ayoroshya mu ntoki n’ibirenge hakomeye.

Ange Saloon Spa and Boutique wabasanga mu isoko rya Nyarugenge (Whatsapp :0788 538 135)

Ndetse kandi hari Glycerine (Giriserine) nziza z’ibimera, zivanze n’amavitamine atandukanye wavangira mu mavuta yawe usanzwe wisiga ubundi ukarushaho kugira uruhu rwiza, ugakira n’indwara z’uruhu.

Ange Saloon bakogereza uruhu rugasubirana itoto, ibiheri, amabara ku ruhu bigakira mu gihe gito cyane. Ndetse kandi bafite ibikoresho byiza bigezweho bakoresha mu kuvura izo ndwara twavuze haruguru.

Ange Saloon Spa bakogereza uruhu, bakoresheje ibikoresho n’imiti bakuta muri Asia na Dubai

Ange Saloon tukogereza uruhu rugasubirana itoto, ibiheri, amabara ku ruhu bigakira mu gihe gito cyane. Ndetse kandi bafite ibikoresho byiza bigezweho bakoresha mu kuvura izo ndwara twavuze haruguru.

Ku bantu bakeneye isuku ku mubiri, (nko ku bantu batifuza ubwanwa, abatifuza ubwoya buri ku mubiri nko mu kwaha, ku maguru, ubukikije igitsina) bose barabafasha bukagenda nka nyomberi.

Si ibyo gusa kuko bafite ibimera bituma umusansi ukura kandi utoshye, ndetse kandi batanga ubujyanama ku buntu, ku bijyanye n’ibibazo by’iminsi, ibinya, Diabete, hypertension(umuvuduko w’amaraso), umutwe udakira, Food supplement (itunganya mirire), byose bakurangira igisubizo kandi ukahava unyuzwe.

Ibi byose bakoresha, babyikurira ku ruganda aho barangurira hatandukanye ku muganane wa Asia nko mu Buhinde, mu Bushinwa ndetse na Dubai.

Ange Saloon Spa and Boutique, wabasanga mu isoko rya Nyarugenge, mu nyubako ya mbere, ukinjira GF 45 iruhande rwa COPEDU. Ku bindi bisobanuro wabahamagara kuri nimero: 0781904532/ 0784048537, cyangwa kuri Whatsapp:0788 538 135.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Thierry
Thierry
4 months ago

Umva ubu Koko ntabwo muzi gutandukanya igihekane nsa ndetse na tsa nukuri edit hano irakenewe

Kiyovu sport ikomeje kugira Rayon Sport umugore wayo muri shampiyona

Muri hotel hatatswe n’inkongi y’umuriro bahita batabara abantu bari barimo babanyuza mu madirishya, gusa umugabo umwe gucamo byanze kubera inda nini – videwo