in

Tandukana no kugira ipfunwe uterwa no kugira inkovu n’amabara ufite ku ruhu rwawe! Dore igisubizo ku bantu bafite inkovu n’amabara ku mubiri byanze gukira

Birashoboka cyane ko umuntu uwo ari we wese agira inkovu cyangwa ababara ku ruhu bitewe n’impamvu nyinshi zitandukanye zirimo kwisiga amavuta yangiriza uruhu, gushima agaheri kakazakura ubundi bikizana cyagwa se bikaba uruhererekane mu muryango.

Gusa ariko hari abantu benshi baterwa ipfunwe n’izi nkovu kuko zitagaragara neza ku mubiri kuko biba bidasa neza.

Uyu munsi igisubizo cyabonetse koko ubu hari abahanga mu kuvura indwara zose z’uruhu harimo no kuvura inkovu n’amabara byo ku mubiri maze bigakira burundu hakoreshejwe imiti ikorwa mu bimera iva mu bihugu nk’Ubuhinde, Ubushinwa ndetse na Dubai.

Aba bavura inkovu zoroheje ku ruhu, ziterwa no kwisiga amavuta mabi, gushima uduheri, ndetse n’amabara.

Imiti yo muri Ange Saloon Spa and Boutique ituruka mu bihugu nko mu Bushinwa, Ubuhinde ndetse na Dubai

Aba bahanga mu kuvura izi ndwara z’uruhu ntabandi ni muri Ange Saloon Spa and Boutique, ntabwo bavura inkovu gusa kuko bagufitiye n’imiti ivura amabara yo ku ruhu nayo agakira, hari amavuta ya Glycerin uvangira mu mavuta wisiga ubundi ugatandukana n’indwara z’uruhu, hari kandi umuti urwanya ubwoya bwo mu kwaha, ubwanwa, unwo ku maguru, ndetse n’ubukikije igitsina.

Ndetse kandi bakogereza uruhu rugasubirana itoto, bakanavura icyitwa igiheri cyangwase ibishishi biri mu maso, bakanagira inama abantu ku bijyanye n’intungamirire ku buntu.

Uwifuza kubagana wabasanga mu isoko rya Nyarugenge, mu nyubako ya mbere, ku murongo wa GF 45 na 331 iruhande rwa COPEDU. Ku bindi bisobanuro waduhamagara kuri nimero: 0781904532/ 0784048537, cyangwa ukatwandikira kuri whatsapp :0788 538 135.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Gukora ibiterasoni mu ruhame ni icyaha! Dore ibihano bitegereje abantu bakomeje kugaragara barimo guterera akabariro mu modoka, mu muhanda no mu bwiherero

Aba-Diaspora b’abanyarwandakazi bashyizwe igorora! Hagiye gutangira irushanwa rya Miss Rwanda Diaspora